Gutumirwa Kuvuga

Imyaka 15 ishize, Dr Tharcisse Seminega yagiye agira ibiganiro kuri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, hirya no hino muri Amerika yo mu majyaruguru.

Dr Seminega yaboneka kugira ngo atange ibiganiro, Inyigisho na za interview mu buryo bw’ikorana buhanga cyangwa se na telefoni.

Mwifuje kugira ibindi mwamenya mwajya ku ngingo : kutwandikira